Kuruyumunsi mu karere ka Muhanga polisi y’u Rwanda yafatiye mu cyuho umugore w’imyaka 55 yakira umufuka…
Day: May 28, 2025
ECOWAS yizihije isabukuru y’imyaka 50
Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wizihije isabukuru y’imyaka 50 ushinzwe, mu birori byabereye…
OpenAI yahuje imbaraga na Jony Ive (wakoze iPhone) mu gukora ibikoresho bya A.I. by’ahazaza
Intambwe yatewe na OpenAI yo kugura IO, igaragaza ko mu gihe kizaza hashobora kubaho impinduka mu…
Intore mu Ikoranabuhanga igisubizo cyo gusiragira kw’abaturage
Mu Itorero ry’Intore mu Ikoranabuhanga riri kubera i Nkumba, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira…
Perezida Zelenskyy yifuza ibiganiro n’impande ebyiri zikomeye: Trump na Putin
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko yifuza inama yihariye ihuza we ubwe, Perezida Donald Trump…
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi azifashisha
Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi Adel Amoursh kuri uyu munsi yasohoye urutonde rw’abakinnyi azifashisha mu mikino…
Ikipe ya Chelsea ku mukino wa nyuma wa UEFA Conference League
Ikipe ya Chelsea iraza gukina n’ikipe ya Real Betis yo muri Esipanye aho baza gukinira kuri…
RWANDA Air yaguriwe inzira z’ingendo mu bihugu 12 bishya
Mu byemezo byafashwe n’inama y’abaminisitiri yateranye ku wa mbere, tariki ya 26 Gicurasi 2025, hemejwe amasezerano…
Inama ku Burezi n’Umurimo iri kwiga ku Guhuza Ubumenyi butangwa n’Amashuri n’Ibisabwa ku Isoko ry’Umurimo
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi bagiranye inama igamije imikoranire ku guhuza…