Ngũgĩ wa Thiong’o Yitabye Imana ku myaka 87: Umusemburo w’Ubuvanganzo bw’Afurika Asize Icyuho

Tariki ya 28 Gicurasi 2025 ni umunsi w’agahinda ku bakunzi b’ubuvanganzo ku Isi hose, cyane cyane…

Mukarere ka Muhanga ,umugore yafashwe yakira umufuka w’urumogi.

Kuruyumunsi mu karere ka Muhanga polisi y’u Rwanda yafatiye mu cyuho umugore w’imyaka 55 yakira umufuka…

ECOWAS yizihije isabukuru y’imyaka 50

Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wizihije isabukuru y’imyaka 50 ushinzwe, mu birori byabereye…

OpenAI yahuje imbaraga na Jony Ive (wakoze iPhone) mu gukora ibikoresho bya A.I. by’ahazaza

Intambwe yatewe na OpenAI yo kugura IO, igaragaza ko mu gihe kizaza hashobora kubaho impinduka mu…

Intore mu Ikoranabuhanga igisubizo cyo gusiragira kw’abaturage

Mu Itorero ry’Intore mu Ikoranabuhanga riri kubera i Nkumba, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira…

Perezida Zelenskyy yifuza ibiganiro n’impande ebyiri zikomeye: Trump na Putin

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko yifuza inama yihariye ihuza we ubwe, Perezida Donald Trump…

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi azifashisha

Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi Adel Amoursh kuri uyu munsi yasohoye urutonde rw’abakinnyi azifashisha mu mikino…

Ikipe ya Chelsea ku mukino wa nyuma wa UEFA Conference League

Ikipe ya Chelsea iraza gukina n’ikipe ya Real Betis yo muri Esipanye aho baza gukinira kuri…

Nyanza havumbuwe Imbunda mu isambu y’umuturage

Iyi mbunda yabonetse mu mudugudu wa Karambo B mu kagari ka Gishike mu murenge wa Rwabicuma…

RWANDA Air yaguriwe inzira z’ingendo mu bihugu 12 bishya

Mu byemezo byafashwe n’inama y’abaminisitiri yateranye ku wa mbere, tariki ya 26 Gicurasi 2025, hemejwe amasezerano…