Umuraperikazi Nicki Minaj, yashinje JAY-Z gutinda kumwishyura umwenda ugera kuri miliyoni 200 z’amadolari y’Amerika.

Umuraperikazi w’umunyamerika akaba ni cyamamare Nicki Minaj, yashinje umuherwe w’umuraperi akaba n’umuyobozi wa Roc Nation, JAY-Z,…

Zinedine Zidane: Umusitari w’Ubufaransa wibukwa kubera igitego cy’imitwe n’umutwe

Ku wa 10 Nyakanga 2006, Zinedine Zidane, wari Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’Ubufaransa, yanditse amateka atazibagirana mu…

Umupaka wa Bunagana uhuza Uganda n’ibice bigenzurwa na AFC/M23 wafunguwe

Kuri uyu wa Kane tariki 10 Nyakanga 2025, Perezida wa Uganda Nyakubahwa YOWELI KAGUTA MUSEVENI yafunguye…

Ubwongereza mu kaga gaterwa n’igihugu cya Iran

Igihugu cy’u Bwongereza kiri mu kaga kava ku bibazo bigenda byiyongera kandi bitari byitezwe, bitezwa na…

URUGENDO RWA DONATILLE MUKABALISA: UMUGORE W’IJAMBO MU MIYOBORERE Y’U RWANDA

Mu kiganiro cyihariye cyatambutse kuri RBA mu rwego rwa “Password”, Senateri Donatille Mukabalisa yasangije Abanyarwanda urugendo…

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yazamutse imyanya 3 , ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi ” yazamutse imyanya 3 , ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA…

Ousmane Dembélé ati “twari twateguye ko Real Madrid igomba kurya ibitego 4 cyangwa 5.”

Mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino wa kimwe cya kabiri cy’irangiza mu gikombe cy’isi cya makipe wahuje…

APR BBC yatsinze REG BBC mu mukino ukomeye wa Playoffs

Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 9 Nyakanga 2025, ikipe ya APR BBC yegukanye…

PSG ikomeje gutanga isomo muri ruhango, igeze ku mukino wa nyuma wa FIFA Club World Cup 2025

Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yo mu Bufaransa ikomeje kwerekana ubukana budasanzwe mu mikino mpuzamahanga nyuma…

Trump yashimye Perezida wa Liberia kuvuga icyongereza neza bitera impaka ku mugabane wa Afrika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, uburyo…