Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, uburyo…
Month: July 2025
Inzoga n’abakobwa mu bituma abakinnyi b’abanyamahanga bakina mu Rwanda basubira inyuma.
Rukundo Abdul Rahman uzwi nka ‘Paplay’ ukinira Rayon Sports, yagaragaje ko abakobwa n’inzoga biri mu bituma…
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Repubulika ya Congo akekwaho kunyereza miliyoni $1.3 y’amadolari ya FIFA
Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Repubulika ya Congo (Fecofoot), Jean-Guy Blaise Mayolas, arashinjwa kunyereza amafaranga agera…
URwanda rwakiriye intumwa za Uganda zaje kwiga ku iterambere ry’ubwikorezi rusange
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 9 Nyakanga 2025 ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi (RTDA) cyakiriye…
RIB yatangije amahugurwa yihariye ku rurimi rw’amarenga hagamijwe ubutabera kuri bose
Umunyamabanga mukuru wungirije w’urwego rw’igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) Kamarampaka Consolé yafunguye ku mugaragaro amahugurwa y’iminsi 15…
NAEB, CEPAR na One Acre Fund-Tubura mu bufatanye bushya bwo kugeza ifumbire ku bahinzi b’ikawa
Ku wa gatatu tariki ya 9 Nyakanga 2025, ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa ry’ibikomoka ku…
isombe ifunguro ryuzuyemo intungamubiri zifasha umubiri w’umuntu
isombe ni kimwe mu biribwa bikunzwe mu rwanda no mu bihugu byinshi bya afurika ni ibibabi…
BK yatangije gahunda “Shora I Rwanda” igamije korohereza Abanyarwanda baba mu mahanga gushora imari mu gihugu
Mu nama ya Rwanda Convention USA 2025 yabereye muri Irving Convention Center, hafi ya Dallas, Texas…
Home Point yafunguye ishami rishya i Kicukiro, rikazegereza serivisi nziza abakiliya
Bwana Manoj Skariah, Umuyobozi Mukuru wa Home Point Home Point, kompanyi imaze kumenyekana mu gutanga ibikoresho…