Hotel Chateau Le Marara ifunzwe by’agateganyo nyuma y’ivugwa ry’imitangire mibi ya serivisi n’iyubahirizwa ry’amategeko

Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo ibikorwa bya Hotel Chateau Le Marara,…

Abakiri bato bahinduye imyumvire ku bijyanye n’ubwiza butarangwamo gusaza.

Mu kintu cyatunguye benshi mu buryo bwo kuvugurura isura , bwahoze bukoreshwa cyane n’abari hejuru y’imyaka…

Zimwe mu Ngaruka Utaruzi Zituruka ku Mikoreshereze Mibi ya Telefone Zigezweho

Mu gihe isi iri kugendana n’ ikoranabuhanga rihambaye, telefone zigezweho zabaye igikoresho cy’ingenzi mu buzima bwa…

Sisteme nshya y’Igisirikari cyo mu kirere cy’Ubushinwa yagaragaye, itera impaka ku isi

Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, hagaragayemo ubwoko bushya bwa sisiteme y’Igisirikari cyo mu kirere (air…

Intambara hagati ya Isiraheli na Irani yahitanye abarenga 1,000 muri Irani, Amerika nayo igaba ibitero bikomeye ku byari ibigo bikora ubushakashatsi ku ngufu za kirimbuzi

Irani yatangaje ko urusobe rw’imiturirwa irinda ikirere rwayo rurimo ibikoresho byakozwe imbere mu gihugu nka Bavar-373…

Minisiteri y’Ingabo ya Israel yatangaje amasezerano yo kugura imodoka zoroheje zifasha Ingabo za IDF

Minisiteri y’Ingabo ya Isiraheli yatangaje ko yasinye amasezerano agera kuri miliyari igice z’amashekeli (angana na miliyoni…

DRC Yasinyanye Amasezerano Akomeye n’Ikigo KoBold Metals Gishyigikiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo cy’Abanyamerika KoBold Metals, kigamije gukora ubushakashatsi no…

Gushishikariza Umwana Gusoma ibitabo Akiri Muto ni Inkingi y’Ubwenge n’Imikurire Myiza

Gusoma ni igikorwa gikomeye cyatangiye kwitabwaho cyane n’ababyeyi n’abarezi. Abahanga mu mikurire y’abana bemeza ko umwana…

Minisitiri w’Ubuzima yifatanyije n’inshuti za Dr. Paul Farmer mu kwizihiza umurage we

Minisitiri w’Ubuzima Wungirije, Dr. Yvan Butera, yifatanyije n’umuryango, inshuti, bagenzi, n’abanyeshuri ba Dr. Paul Farmer mu…

APR FC yandikiye Simba SC yo muri Tanzania iyisaba umukino wa gicuti.

APR FC yandikiye Simba SC yo muri Tanzania iyisaba umukino wa gicuti ukazabera muri stade Amahoro…