U Rwanda na Turkmenistan batangaje ku mugaragaro ishingwa ry’umubano w’ubudiplomasi

Kuwa Mbere, tariki ya 14 Nyakanga 2025, u Rwanda na Turkmenistan batangaje ku mugaragaro ishingwa ry’umubano…

John MacArthur, Umuvugabutumwa w’ingufu kandi waharaniraga indangagaciro, yitabye Imana

John MacArthur, umuvugabutumwa w’Amerika wari uzwi cyane ku isi hose kubera inyigisho ze zifatika kandi zidacogora…

Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo gushinjwa kwangiza agasanduku karimo ibuye ry’amateka rya Scotland

Iri buye rizwi cyane ku izina rya Stone of Destiny, cyangwa Stone of Scone. Uyu mugabo,…

Ku wa 15 Nyakanga: Umunsi Mpuzamahanga w’Ubumenyi bw’Urubyiruko

Buri mwaka, tariki ya 15 Nyakanga, isi yose yizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ubumenyi bw’Urubyiruko (World Youth Skills…

Umukinnyi w’amafilime y’Abanyakoreya Kang Seo Ha yapfuye azize kanseri

Umukinnyi w’amafilime w’Umunyakoreya Kang Seo Ha, wamamaye mu ma drama akunzwe cyane muri Koreya y’Epfo no…

Trump yavuze ko ababaye ariko atarahagarika imikoranire na Putin

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko nubwo yababajwe n’imyitwarire ya Perezida…

RIB yafunze umukozi w’umujyi wa kigali ukurikiranyweho ruswa n’iyezandonke

Ku wa 14 Nyakanga 2025 Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi ingabire Clément,…

Ese koko Uburenganzira bw’abana bo mu mihanda buraharanirwa?

Mu rwego rwo kurengera abana bo mu mihanda ku isi hose , Umuryango w’Abibumbye washyize ahagaragara…

Perezida Paul Biya w’imyaka 92 agiye kongera kwiyamamariza manda ya munani

Perezida wa Cameroun, Paul Biya, w’imyaka 92, akaba n’umukuru w’igihugu ushaje kurusha abandi ku isi, yatangaje…

Umurambo wa Buhari wahoze ayobora Nigeria ugiye gutahukanwa, agashyingurwa mu buryo bworoshye

Umurambo wa Muhammadu Buhari wahoze ari Perezida wa Nigeria, witabye Imana afite imyaka 82 mu bitaro…