
Umubyeyi Teddy GACINYA umunyabigwi mu gihugu cy’URwanda wayoboye ikipe cy’abagore muri AS KIGALI guhera 2009 kugeza 2022 akaba na CEO w’ikigo cy’amashuri y’incuke n’abana CITY INFANTS.

Mu yindi mirimo yakoze yabaye umu senateri kuwa 16/08/2011 ubwo yarasimbuye Aloysia INYUMBA wari wagizwe Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango.
ni inkuru y’incamugongo yamenyekanye kuri uyu wa gatandatu tariki 31/05/2025 ko yitabye Imana Azize uburwayi.
Imana Imutuze aheza!