IBYIHARIYE K’ UMUKOBWA UFITE IKIBUNO KININI KW’ ISI.

Gracie Bon, ni rimwe mu mazina azwi cyane mu mideli kandi akunda kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ubunini budasanzwe bw’uyu mukobwa ukomoka muri Panama.

Gracie Bon wabonye izuba mu 1994 kuri ubu akaba yitegura kuzuza imyaka 30 y’amavuko, ni umukobwa udasanzwe, umaze kugera kuri byinshi, kandi ukunzwe na benshi bitewe ahanini n’imitere ye n’uburyo yigirira icyizere kandi agakomeza n’abandi.

Yamenyekanye cyane kubera amafoto akunda gushyira ku mbuga nkoranyambaga ze yambaye Bikini zigaragaza neza imiterere ye ikunze kwibazwaho na benshi, bamwe bakavuga ko yibagishije abandi bakamukundira uko ari bitewe n’uko nawe agaragaza ko yiyakiriye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *