Mu gihe hari hashize imyaka myinshi umubano hagati ya Israel na Syria urangwa no kutizerana, amakuru…
Author: HARINDINTWALI Charles
Umutingito wabaye mu Buyapani ushyirwa mu majwi n’ibyahanuwe na Baba Vanga
Mu bice by’amajyepfo y’Ubuyapani, hatangajwe inkuru y’umutingito wa magnitudo 5.5 wabaye kuri uyu wa Kane, tariki…
Quebec: Umujyi w’amateka washinzwe ku ya 3 Nyakanga 1608
Ku ya 3 Nyakanga 1608, Umufaransa witwaga Samuel de Champlain yashinze umujyi wa Quebec, ahantu hafatwa…
Abatuye i Crete batangiye kwimurwa ku bwinshi nyuma y’uko inkongi y’umuriro itagishoboye kugenzurwa
Mu kirwa cya Crete kiri muri Grèce, hatangiye igikorwa kinini cyo kwimura abaturage n’abakerarugendo nyuma y’uko…
Abantu 4 bamaze gupfa, 30 baracyashakishwa nyuma y’uko ferry irohamye mu nyanja hafi y’ikirwa cya Bali
Mu gihugu cya Indonesia, haravugwa inkuru ibabaje y’abantu bapfiriye mu nyanja abandi bakaba bagishakishwa, nyuma y’uko…
Igice kinini cya Mars cyageze ku isi kigiye kugurishwa, gishobora gushyiraho agaciro gashya ku masoko
Mu kwezi kwa Nyakanga 2025, igice kinini kizwi cya Mars cyageze ku isi kigiye kujyanwa ku…
Ubushakashatsi bushya bwemeje ko nta rugero rutekanye rw’inyama zitunganyirizwa mu nganda umuntu yemerewe kurya
Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’itsinda mpuzamahanga ry’abashakashatsi bo muri Global Burden of Disease Study bwatangaje ku mugaragaro…
Umwarimukazi akurikiranyweho gusambanya umunyeshuri nyuma yo kumusindisha no kumuha imiti igabanya kwiheba
Muri Mumbai ho mu Buhinde, haravugwa inkuru iteye inkeke y’umwigisha w’umugore w’imyaka hafi 40 ukekwaho gusambanya…
Ubuzima umugore utwite akwiriye kubaho
Mu gihe umugore atwite, ubuzima bwe buhinduka mu buryo bwihariye, bityo hakaba hakenewe uburyo bwihariye bwo…
Uko ubushyuhe bukabije mu gihe cy’izuba bugira ingaruka ku buzima n’uko wakwifata
Mu bihe by’izuba, ubushyuhe bushobora kwiyongera ku buryo bukabije, bigatera impinduka zitandukanye ku buzima bwa muntu.…