Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, hagaragayemo ubwoko bushya bwa sisiteme y’Igisirikari cyo mu kirere (air…
Author: Cyiza Joseph
Intambara hagati ya Isiraheli na Irani yahitanye abarenga 1,000 muri Irani, Amerika nayo igaba ibitero bikomeye ku byari ibigo bikora ubushakashatsi ku ngufu za kirimbuzi
Irani yatangaje ko urusobe rw’imiturirwa irinda ikirere rwayo rurimo ibikoresho byakozwe imbere mu gihugu nka Bavar-373…
Minisiteri y’Ingabo ya Israel yatangaje amasezerano yo kugura imodoka zoroheje zifasha Ingabo za IDF
Minisiteri y’Ingabo ya Isiraheli yatangaje ko yasinye amasezerano agera kuri miliyari igice z’amashekeli (angana na miliyoni…
DRC Yasinyanye Amasezerano Akomeye n’Ikigo KoBold Metals Gishyigikiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo cy’Abanyamerika KoBold Metals, kigamije gukora ubushakashatsi no…
Perezida Museveni Asaba Ingabo za UPDF Kwigira Ku Bumenyi n’Uburyo Bujyanye n’Intambara zigezweho
Perezida wa Repubulika ya Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’igihugu (UPDF), Nyakubahwa Yoweri Kaguta Museveni, yasabye…
Isiraheli Yatangaje ko Yicuza Igitero Cyahitanye Abantu muri Kiliziya Gaturika ya Gaza
Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye “cyicuza cyane” igitero cyagabwe ku rusengero…
Abategetsi b’igisirikare muri Burkina Faso basezereye Komisiyo y’Amatora, bafata ububasha bwo gutegura amatora
Burkina Faso – Abayobozi b’inzibacyuho b’igisirikare muri Burkina Faso bamaze gusesa burundu Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, bayishinja…
Burna Boy yasabye imbabazi ku magambo yatangaje yitandukanya na Afrobeats
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nijeriya, Burna Boy, yasabye imbabazi ku magambo yigeze gutangaza yitandukanya n’injyana ya…
U Rwanda rwateye intambwe ikomeye muri gahunda yo kwihutisha impinduramatwara mu ikoranabuhanga, igeze kuri 55%
U Rwanda rukomeje gutera imbere mu rugendo rwo guhindura ubuzima bwa benshi binyuze mu ikoranabuhanga, aho…
Perezida Paul Biya w’imyaka 92 agiye kongera kwiyamamariza manda ya munani
Perezida wa Cameroun, Paul Biya, w’imyaka 92, akaba n’umukuru w’igihugu ushaje kurusha abandi ku isi, yatangaje…