Umurambo wa Buhari wahoze ayobora Nigeria ugiye gutahukanwa, agashyingurwa mu buryo bworoshye

Umurambo wa Muhammadu Buhari wahoze ari Perezida wa Nigeria, witabye Imana afite imyaka 82 mu bitaro…

Urubyiruko rw’u Rwanda rusabwa kuba maso kuko agakoko gatera SIDA kakigaragara—Minisitiri w’Ubuzima

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yaburiye urubyiruko ko nubwo u Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije mu…

Kuva ku bidendezi tugana ku bibuga by’imikino: Hazaba iki mu kuvugurura ibishanga bya Kigali

Imirimo yo kuvugurura ibishanga muri Kigali igeze kuri 56% ikaba iri gukorerwa mu bishanga bine by’ingenzi:…

Umutegetsi wa Gisirikare wa Myanmar yashimiye Donald Trump ku bihano by’ubucuruzi

Min Aung Hlaing, umuyobozi w’igisirikare cya Myanmar wagiye ku butegetsi abanje guhirika guverinoma yatoranijwe binyuze mu…

Polisi yo muri Pakistani yataye muri yombi abantu 149 bakoraga muri service center y’uburiganya

Polisi yo muri Pakistan, ibinyujije mu Ishami rishinzwe iperereza ku byaha bya cyber (National Cyber Crime…

Iran yahagaritse imikoranire n’agashami ka UN gashinzwe intwaro za kirimbuzi

Perezida mushya wa Iran, Masoud Pezeshkian, yihanangirije Ikigo mpuzamahanga gishinzwe iby’ingufu za kirimbuzi (IAEA), asaba ko…

Trump azitabira umukino wa nyuma wa Club World Cup, FIFA ifungura ibiro muri Trump Tower

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma wa…

Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yongeye gufatwa n’inzego z’umutekano

Seoul, Koreya y’Epfo – Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yongeye gutabwa muri…

Etiyopiya, Eritereya n’Inzira Igana ku Ntambara Nshya

Mu kwezi kwa Kamena hagati, habaye umuhango wateguwe ku buryo bugaragara cyane ku kiraro cya Mereb…

Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya yishwe n’amasasu, abategetsi bavuga ko bishoboka ko yiyahuye

Minisitiri w’Ubwikorezi w’u Burusiya, Roman Starovoit, yagaragaye yapfiriye mu modoka ye, aho bivugwa ko yiyahuye akoresheje…