Abarwanyi b’umutwe w’Abahuthi bo muri Yemeni barashe igisasu cy’indege kigamije kugaba igitero ku kibuga cy’indege cya…
Author: Cyiza Joseph
Trump yashimye Perezida wa Liberia kuvuga icyongereza neza bitera impaka ku mugabane wa Afrika
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, uburyo…
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Repubulika ya Congo akekwaho kunyereza miliyoni $1.3 y’amadolari ya FIFA
Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Repubulika ya Congo (Fecofoot), Jean-Guy Blaise Mayolas, arashinjwa kunyereza amafaranga agera…
FIFA yafunguye ibiro muri Trump Tower, ikomeza umubano wayo na Perezida wa Amerika
Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, ryatangaje ko ryafunguye ibiro bishya muri Trump Tower iherereye…
Bill Gates yavuye ku rutonde rw’Abaherwe 10 ba mbere kw’isi kubera gukorera abandi
Bill Gates, washinze sosiyete ya Microsoft, yakuwe ku rutonde rw’abaherwe 10 ba mbere ku isi nyuma…
Ibiciro bya Ticket ya 1/2 cy’igikombe cy’isi cy’ama clubs byakubiswe hasi
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryagabanyije igiciro cy’itike isanzwe ku mukino wa kimwe cya kabiri…
Zimbabwe Yakuyeho Amategeko y’Igenzura ry’Ifaranga Ryari rimaze imyaka Irenga 20
Zimbabwe yamaze gufata icyemezo cy’amateka cyo gukuraho burundu igenzura ry’ifaranga ryari rimaze imyaka myinshi rikoreshwa n’ubutegetsi,…
Perezida w’imyaka 80 wa Uganda ashaka kongera gutegeka nyuma y’imyaka 40 ku butegetsi
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni, ufite imyaka 80 y’amavuko, yongeye gutangazwa nk’umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi…
DRC: Impaka zatumye umusirikare yica Umuyobozi
Umusirikare ufite ipeti rya Capitaine yarashe umukozi ushinzwe itumanaho wu wari Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo wahunze…
Ali Khamenei, Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Yagaragaye bwa Mbere Mu Ruhame Nyuma y’Intambara na Israel
TEHERAN – Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yagaragaye bwa mbere mu ruhame kuva hatangira…