Kuri uyu wa 10 Gicurasi 2025, Urubyiruko rw’Abakorerabushake mu murenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro basuye…
Author: Cyiza Joseph
Trump: Utazimenyekanisha ku bushake azahura n’isanganya rikomeye ry’ibihano mu buryo bwose
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko hashyizweho uburyo bworohereza abimukira binjiye…
Habemus Papam! Dufite Papa mushya: Papa Leo wa XIV
Ku itariki ya 8 Gicurasi 2025, Kiliziya Gatolika ku isi yose yashimishijwe no kubona umwotsi wera…
Ibyavuye mu itora rya kabiri rya Papa
kuri uyu wa 08 GICURASI 2025, ni ku munsi wa kabiri w’umwiherero w’Abakaridinali 133 baturutse impande…
Ibyavuye mu itora rya mbere rya Papa
Itora rya mbere ryo kuri wa 07/05/2025 rirangiye nta Papa ubonetse. Ni ukuvuga ko ntawe ubashije…
Abakaridinari baturutse impande zose z’isi mu mwiherero w’itorwa rya Papa mushya
Uyu mwiherero, ubusanzwe uterana iyo Papa wari uri ku buyobozi apfuye cyangwa yeguye, ni igikorwa cyubashywe…
Ese Abongereza Barahindura Amateka? Byinshi ku mukino wa Arsenal na PSG
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 7 Gicurasi 2025, ikipe ya Arsenal irasura Paris Saint-Germain (PSG)…
u Rwanda na Amerika mu biganiro byo kwakira Abimukira
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier NDUHUNGIREHE, yatangaje ko u Rwanda ruri mu ntangiriro y’ibiganiro n’ubuyobozi…
MONUSCO yavuye ku izima muri Kivu y’amajyepfo
Misiyo y’amahoro y’umuryango w’abibumbye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) yafunze ibiro yari ifite mu…
Abanya-Kigali bangana na 73% bavanga Ikinyarwanda n’izindi ndimi
Abanya-Kigali 73% bagaragaje ko ubusirimu, kwisanisha n’abavuga rikumvikana, n’ubumenyi buke biri mu bituma bahitamo kuvanga indimi…