Diogo Jota wakiniraga Liverpool amaze kwitaba Imana azize impanuka.

Umunya Portugal w’imyaka 28 “Diogo Jota” wakiniraga ikipe ya Liverpool yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Diogo…

APR FC yatangiye kwitegura umwaka mushya w’imikino 2025-2026.

Ni imyitozo yatangiye kuwa kabiri Nyakanga uyu mwaka , aho yatangiye harimo abakinnyi bayo hafi ya…

Rayon Sports yabimburiye andi makipe gutangira imyiteguro y’umwaka w’imikino 2025-2026.

Rayon Sports yabimburiye andi makipe gutangira imyiteguro y’umwaka w’imikino 2025-2026 n’umutoza mushya Afhamia Lotfi. Ni imyitozo…

Al-hilal yatunguye Man City iyisezerera mu irushanwa ry’igikombe cy’isi.

Nyuma yo guhagama Real Madrid mu matsinda, Al Hilal itanze ubutumwa bukomeye isezerera Man City, ikomeza…

Ombolenga Fitina yongeye kugaruka muri APR FC nyuma y’umwaka 1 imurekuye.

Mu masezerano yari yarasinye muri Rayon Sports harimo ko agura amasezerano ye kuri miliyoni 30 RWF…

APR FC yasinyishije umukinnyi ukina inyuma ya barutahizamu usigaye wicaza Aziz Ki muri Burkinafaso‎.

Yitwa Memel Raouf Dao , niwe wabaye umukinnyi w’umwaka muri shampiyona ya Burkinafaso muri uyu mwaka…

‎Umunyezamu wa Bugesera FC, Habineza Fils François agiye kwerekeza mu Ikipe ikomeye izakina amarushanwa yo ku mugabane w’iburayi.

Umunyezamu wa Bugesera FC, Habineza Fils François agiye kwerekeza muri Midtjylland FC yo mu Cyiciro cya…

Ssekiganda nakina neza , izamu rya APR FC rizaba ririnzwe.

Akina mu kibuga hagati yugarira izamu, holding midfielder, Ronald Ssekiganda w’imyaka 29 y’amavuko yari muri 5…

Mu Rwanda hamaze kumenyekana igihe umwaka w’imikino uzatangirira.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje amakipe ko igikombe kiruta ibindi mu Rwanda gitegurwa n’Ishyirahamye…

Umukino wa gicuti mpuzamahanga uzahuza abakinnyi bakanyujijeho b’ibyamamare kuri Pele Stadium.

Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda isanzwe yitwa Amavubi Legends izacakirana na Flair 50 FC ikipe y’igihugu…