APR FC iremuye isoko ryayo, isinyisha rutahizamu ukomeye cyane

APR FC yasinyishije umukinnyi mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire William Togui Mel, uyu akaba ari rutahizamu uzajya…

APR FC yemeje bidasubirwaho ko yasinyishije myugariro wo hagati, Nduwayo Alexis wakiniraga Gasogi United.

APR FC yatangaje ko yasinyishije umukinnyi ukiri muto witwa Nduwayo Alexis wasinye amasezerano y’imyaka ine akina…

Yasambanije Abakobwa benshi, none yatawe muri yombi.

Umugabo ukomoka mu gihugu cya Iran witwa REZA PARASTESH akaba agaragara nk’umukinnyi rurangiranwa w’umupira w’amaguru Lionnel…

Rutahizamu w’Umurundi Nibibona Eddy yasinyiye Amagaju FC amasezerano y’imyaka ibiri.

Rutahizamu w’Umurundi Nibibona Eddy w’imyaka 23 wakiniraga Rukunzo FC yasinyiye Amagaju FC amasezerano y’imyaka ibiri. Nibibona…

Biramahire Abeddy Christophe yasinye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports

Uyu musore w’imyaka 26 yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nyuma y’uko amasezerano y’amezi atandatu…

Rayon sports yamaze gusinyisha babiri

Ikipe ya Rayon sports yamaze gusinyisha abakinnyi babiri mu rwego rwo kwitegura neza umwaka w’imikino wa…

Amateka n’ishingwa rya APR FC

APR FC ni kipe y’ubukombe hano mu Rwanda, aho mu myaka 32 imaze yatwayemo ibikombe 23…

Diogo Jota wakiniraga Liverpool amaze kwitaba Imana azize impanuka.

Umunya Portugal w’imyaka 28 “Diogo Jota” wakiniraga ikipe ya Liverpool yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Diogo…

APR FC yatangiye kwitegura umwaka mushya w’imikino 2025-2026.

Ni imyitozo yatangiye kuwa kabiri Nyakanga uyu mwaka , aho yatangiye harimo abakinnyi bayo hafi ya…

Rayon Sports yabimburiye andi makipe gutangira imyiteguro y’umwaka w’imikino 2025-2026.

Rayon Sports yabimburiye andi makipe gutangira imyiteguro y’umwaka w’imikino 2025-2026 n’umutoza mushya Afhamia Lotfi. Ni imyitozo…