Al-hilal yatunguye Man City iyisezerera mu irushanwa ry’igikombe cy’isi.

Nyuma yo guhagama Real Madrid mu matsinda, Al Hilal itanze ubutumwa bukomeye isezerera Man City, ikomeza…

Ombolenga Fitina yongeye kugaruka muri APR FC nyuma y’umwaka 1 imurekuye.

Mu masezerano yari yarasinye muri Rayon Sports harimo ko agura amasezerano ye kuri miliyoni 30 RWF…

APR FC yasinyishije umukinnyi ukina inyuma ya barutahizamu usigaye wicaza Aziz Ki muri Burkinafaso‎.

Yitwa Memel Raouf Dao , niwe wabaye umukinnyi w’umwaka muri shampiyona ya Burkinafaso muri uyu mwaka…

‎Umunyezamu wa Bugesera FC, Habineza Fils François agiye kwerekeza mu Ikipe ikomeye izakina amarushanwa yo ku mugabane w’iburayi.

Umunyezamu wa Bugesera FC, Habineza Fils François agiye kwerekeza muri Midtjylland FC yo mu Cyiciro cya…

Ssekiganda nakina neza , izamu rya APR FC rizaba ririnzwe.

Akina mu kibuga hagati yugarira izamu, holding midfielder, Ronald Ssekiganda w’imyaka 29 y’amavuko yari muri 5…

Mu Rwanda hamaze kumenyekana igihe umwaka w’imikino uzatangirira.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje amakipe ko igikombe kiruta ibindi mu Rwanda gitegurwa n’Ishyirahamye…

Umukino wa gicuti mpuzamahanga uzahuza abakinnyi bakanyujijeho b’ibyamamare kuri Pele Stadium.

Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda isanzwe yitwa Amavubi Legends izacakirana na Flair 50 FC ikipe y’igihugu…

Bidasubirwaho Florian Witz yamaze kuba umukinnyi wa Liverpool.

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cy’u Budage Florian Witz w’imyaka 22 y’amavuko yamaze gusinyira Ikipe ya Liverpool…

Amakuru y’igura n’igurisha ry’abakinnyi n’abatoza mu Rwanda.

Umurundi ukina hagati mu kibuga, Nshimirimana Ismaël uzwi nka ‘Pitchou’ biteganyijwe ko atazakinira APR FC umwaka…

Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda Amavubi yatsinzwe ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti

‎Mu mukino wahuzaga ikipe ya Algeria n’Amavubi waberaga i Constantine muri Algeria, Amavubi yatsinzwe ibitego 2-0.…