Minisitiri Constant Mutamba ari mu mazi abira asabwa kwegura

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant MUTAMBA Tungunga w’imyaka 38 ubarizwa mu ishyaka…

Rayon sports yatsinzwe na Bugesera FC mu mukino usubukuye.

Nyuma y’uko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) risohoye itangazo rikubiyemo amabwiriza y’isubukurwa ry’umukino w’umunsi wa…

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yabitswe Ari muzima n’abari binjiriye konti ya Polisi ya X

Nyuma y’uko konti ya Polisi y’igihugu cya Tanzania (Tanpol) yinjiriwe n’abataramenyekana, bagatangaza ko Perezida Samia Suluhu…

Waruziko guhoberana ari byiza?

Guhoberana ni igikorwa gihuriweho n’abantu benshi ku isi aho bamwe babifata nk’umuco, abandi bakabikomeraho cyane ndetse…

Imurikabikorwa ry’Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Kirehe (KIREHE JADF-OPEN DAY

Mu karere ka Kirehe hari kubera imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa b’akarere (KIREHE JADF-OPEN DAY), Riri kubera muri gare…

Abacuruzi 5 ba mbere bakize muri Afurika

Isi dutuyemo yubakiye ku bukungu bushingiye Ku bucuruzi, aho ibihugu byinshi bifite abantu benshi bakize babikesha…

Umuti ku mukino wahuje BUGESERA FC na RAYON SPORTS wavuguswe⚽

Nyuma y’imvururu zabaye mu mukino w’Umunsi wa 28 wa Shampiyona (Rwanda Premier League) wahuje Bugesera FC…

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya kabiri cy’Abanyarwanda 796 bari baragizwe ingwate na FDLR

Kuri uyu wa 19 Gicurasi 2025 U Rwanda rwakiriye icyiciro cya kabiri cy’Abanyarwanda 796 bari baragizwe…