Dore urutonde rw’abaherwe 10 ba mbere muri Afurika mu mwaka wa 2025, hashingiwe ku bushobozi bwabo bwo gukoresha amafaranga (net worth)

🏆 Abaherwe 10 ba mbere muri Afurika – 2025 Nimero Izina Igihugu Agaciro k’umutungo (USD) Ibyo…

Diamond Platnumz, ufite izina ry’ukuri Naseeb Abdul Juma Issack, ni umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzaniya, akaba umwanditsi w’indirimbo, umubyinnyi, umucuruzi, ndetse akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’umuziki Wasafi Classic Baby (WCB Wasafi).

Amateka n’Ubuzima Bwa Diamond platnumz Yavutse ku itariki ya 2 Ukwakira 1989, mu gace ka Tandale,…

ibikorwa bya ‘Premier Betting’ byahagarutse mu Rwanda

Ikigo gikora ibijyanye no gutega n’imikino y’amahirwe cya Premier Betting cyari kiri mu biri imbere mu…

UMUHANZI DIAMOND ARI MUBYISHIMO BYINSHI NYUMA Y’UKO UMUHANZI WO MURI LETA Y’UNZE UBUMZWE YA AMARICA JASON DERULO AMWEMEREYE GUKORANA NAWE INDIRIMBO

Umuhanzi w’umunya-Tanzania Diamond Platnumz ubu uburi kubarizwa mu Bufaransa akomeje kugaragaza ibyishimo bidasanzwe nyuma y’uko Jason Derulo amwemereye ko bakorana indirimbo, ni mukiganiro gito bagiranye kurubuga rwa instagram.

Nyuma y’ifoto uyu mugabo yasangije abakunzi be amushimira, Derulo nawe yemeje ibi akora ‘repost’ kuri Instagram, abari bakibishidikanyaho bahera ko batangira kwitegura iyi ndirimbo.

Igisupusupu yahuje imbaraga na Agnès bakora indirimbo irata ibigwi Perezida Paul Kagame

Umuhanzi Nsengiyumva François nka Gisupusupu, yongeye gukoza mu nganzo ahuza imbaraga n’umuhanzikazi Niyorukundo Agnès bahuriye mu…

DJ DIZZO WITEGURAGA KWIBARUKA YASANZE UMWANA ATARI UWE.

Ibizamini byafatiwe mu kigo Rwanda Forensic Institut, byagaragaje ko mu bizamini bigera kuri bine byafashwe, byasanze…

INZIRA Y’UMUSARABA UMUHANZIKAZI ALYN SANO YANYUZEMO MURUGENDO RWO GUKORA INDIRIMBO SAY LESS.

Indirimbo ‘Say Less’ ni imwe mu ndirimbo za Alyn Sano zakunzwe ikaba yarasahotse mu mpera za…

IBYIHARIYE K’ UMUKOBWA UFITE IKIBUNO KININI KW’ ISI.

Gracie Bon, ni rimwe mu mazina azwi cyane mu mideli kandi akunda kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga…

IKOMPANYI CARCARBABA NIYO YATANZE IMODOKA ZIFASHISHIJWE MURI KIGALI PEACE MARATHON KUNSHURO YA 19

Imodoka ya Kompanyi ya @carcarbaba_official iri mu zigezweho, yakoze amateka yo kuyobora isiganwa rya Kigali international…

ABAHANZI NYARWANDA CHRISTOPHER NA CHRIS EAZY BAMAZE KUGEZA IKIREGO MURI RIB.

Christopher na Chriss Eazy bamaze gutanga ikirego muri RIB nyuma yo kwibwa n’muntu utaramenyekana. Mu ijoro…