Ikigo IITA kirakangurira ba rwiyemezamirimo gushora imari mu gutunganya ibishishwa by’imyumbati.

Ikigo IITA(International Institute of Tropical Agriculture) ni kigo mpuzamahanga gikora ubushakashatsi ku buhinzi cyikaba cyarahuguye abahinzi…

Perezida Kagame na Masai Ujiri baganiriye ku kamaro k’imikino mu guteza imbere urubyiruko ubwo batangizaga Zaria Court i Kigali

Mu muhango udasanzwe wabaye ku wa 28 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame,…

Giant of Africa Festival 2025: Kigali yahuye n’ibirori by’imyidagaduro, siporo n’ubutumwa bwo guteza imbere urubyiruko

Kigali yongeye kwakira Giant of Africa Festival 2025 kuva ku itariki ya 26 Nyakanga kugeza ku…

inteko rusange y’abadepite igiye kwemeza itegeko rishya rizagenga imirimo y’ubuhanga mu myubakire

inteko rusange y’umutwe w’abadepite iritegura kwemeza umushinga w’itegeko rigamije gutanga umurongo uhamye ku mirimo y’ubuhanga mu…

Hasinywe amasezerano y’imyaka 15 mu ishoramari rya miliyoni $190 i Musanze

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije mu rwego rw’igihugu rushinzwe iterambere (RDB) ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe mine,…

Dore Impamvu Kugenzura Neza imisoro ari ingenzi mu iterambere ry’igihugu

Leta zikeneye amafaranga yo gutanga serivisi nk’amashuri, amavuriro n’imihanda. Imisoro ni yo nzira nyamukuru yo kubona…

Abageni bajyana ba Sekuru na ba nyirakuru mu kwa buki: Umuco mushya ugaragaza urukundo rw’umuryango

Mu gihe benshi bamenyereye ko honeymoon ari urugendo rwihariye rw’abashakanye bashya rugamije kongera kubahuza no kubaha…

Transparency International yasabye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kongera imbaraga mu kurwanya ruswa isenya agaciro k’umuntu

Ku wa 11 Nyakanga 2025, ubwo hizihizwaga umunsi wa cyenda wahariwe kurwanya ruswa muri Afurika, Transparency…

Inyange Industries Ltd: Uruganda rutunganya ibinyobwa ruri ku isonga mu guteza imbere ubukungu bw’u Rwanda

Mu rugendo rwo kwihutisha iterambere ry’ubukungu bushingiye ku nganda, u Rwanda rufite ishema ry’uko rumaze kugira…

NAEB, CEPAR na One Acre Fund-Tubura mu bufatanye bushya bwo kugeza ifumbire ku bahinzi b’ikawa

Ku wa gatatu tariki ya 9 Nyakanga 2025, ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa ry’ibikomoka ku…