Tariki ya 9 Gicurasi mu mateka y’isi: Intsinzi, Ubumwe bw’Uburayi, n’Igihangano gishya mu muziki

Dore inkuru iri kuvugwa kw’isi yose ishingiye kuri izi ngingo 3 zavuzwe haruguru: 1. V-E Day:…

East African Community (EAC) ni umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba ugamije guteza imbere ubufatanye bw’ubukungu, politiki, n’imibereho myiza mu karere. Uyu muryango Ibihugu bigize Umuryango wa EAC ufite intego yo gushyiraho isoko rusange, umuryango w’ubukungu, ndetse n’ubufatanye bwa politiki, byose bigamije kuzana ubumwe n’iterambere mu bihugu bigize uyu muryango.

Sobanukirwa East African Community(EAC) n’ibihugu bigize uyu muryango EAC igizwe n’ibihugu umunani:​ Burundi – Gitega,Kenya –…

Umujyi wa Kigali ni umurwa mukuru w’u Rwanda, ukaba uri mu gice cy’uburasirazuba bw’igihugu, ku musozi wa Nyarugenge. Uruhare rwawo mu mateka y’u Rwanda ni runini, kuva mu gihe cy’ubukoloni kugeza ku gihe cya vuba, aho wagiye uhura n’ibibazo bikomeye ariko ukaba warabashije kwiyubaka no gutera imbere.

📜 Amateka ya Kigali 1. Igihe cy’ubukoloni: Kigali yashinzwe mu mwaka wa 1907 n’umuyobozi w’abakoloni w’umudage…

MONUSCO yavuye ku izima muri Kivu y’amajyepfo

Misiyo y’amahoro y’umuryango w’abibumbye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) yafunze ibiro yari ifite mu…

uru ni urutonde rw’abakuru b’igihugu bayoboye u Rwanda kuva rwabona ubwigenge kugeza none?

Amateka agaragaza u Rwanda nk’igihugu cyatangiye kwiyubaka mu mwaka w’i 1200. rukaba rwaratwarwaga n’ingoma ya cyami…

Menya amateka ya Jack ma,byishi wakwigiramo,mugihe ugiye gucika intege

umukire mubambere ku isi,uwahuye na byishi bigoye mu buzima bw’iterambere ,uwavuye kure akaba arigutigisa isi mubakirigitafaranga,…

TUMENYE AMATEKA ,DORE ABAMI BAYOBOYE U RWANDA

Kimwe n’ibindi bihugu, u Rwanda ni igihugu gifite amateka yacyo cyihariye ajyanye n’ibyo cyanyuzemo by’umwihariko ajyanye cyane cyane…

ABAPEREZIDA BAYOBOYE U RWANDA

Nyuma y’uko u Rwanda rurekuranye n’ubutegetsi bwa cyami rukagana inzira ya Repubulika yiswe iya Demokarasi, imyaka…

Menya Abaminisitiri 16 bayoboye Minisiteri y’Uburezi kuva mu 1994

Kuzabona indi Minisiteri mu Rwanda izaca agahigo k’iy’Uburezi, mu kugira abayiyoboye benshi bizagorana, kuko mu myaka…

Ibyo wamenya kuri Muhanga

Akarere ka Muhanga ni kamwe mu Turere 8 tugize Intara y’Amajyepfo, kagizwe n’imirenge 12, Utugari 63…