Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yaganiriye…
Category: MU MAHANGA
Elon Musk Yasezeye ku Mwanya We muri Guverinoma ya Trump, Anenga Bikomeye Ingengo y’Imari nshya
Elon Musk, umuherwe uzi cyane, akaba umuhanga mu ikoranabuhanga akaba n’umuyobozi wa Tesla na SpaceX, yatangaje…
Elon Musk yasezeye mu buyobozi bwa Donald Trump
Umugabo ukize cyane mu ikoranabuhanga, Elon Musk, wahawe uburenganzira bwihariye bwo kuba umukozi wa Leta kugira…
Perezida Zelenskyy yifuza ibiganiro n’impande ebyiri zikomeye: Trump na Putin
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko yifuza inama yihariye ihuza we ubwe, Perezida Donald Trump…
Gen.M Kainerugaba yagaye indeshyo ya Ambasaderi woherejwe muri Uganda
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda (UPDF) Gen.MUHOOZI Kainerugaba akaba n’umuhungu wa Perezida wa Uganda Nyakubahwa YOWELI…
Twitege iki ku ruzinduko rw’Umwami Charles III muri Canada?
Mu ruzinduko rwe rw’iminsi ibiri, Charles III w’imyaka 76 azageza ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko ya…
Joseph KABILA KABANGE yamaze kugera I Goma
Nyuma y’uko uwahoze ari perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Nyakubahwa Joseph KABILA KABANGE Atangaje…
Ambasaderi w’Ubudage muri Uganda Arashinjwa Uruhare mu gushaka Guhirika Ubutegetsi
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko cyahagaritse ubufatanye bwacyo n’ingabo z’Ubudage, nyuma y’iperereza ryagaragaje ko Ambasaderi w’Ubudage…
AFC/M23 yateye utwatsi ibinyoma by’umukozi wa MONUSCO na Leta ya Kinshasa
Kuri uyu wa 25 Gicurasi 2025, abinyujije mu itangazo kuri X umuvugizi wa AFC/M23 Laurence KANYUKA…
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yabitswe Ari muzima n’abari binjiriye konti ya Polisi ya X
Nyuma y’uko konti ya Polisi y’igihugu cya Tanzania (Tanpol) yinjiriwe n’abataramenyekana, bagatangaza ko Perezida Samia Suluhu…