Bellingham yabazwe urutugu nyuma y’imvune yari amaranye umwaka.

Nyuma y’umwaka wose Jude Bellingham ari mu buribwe bukomeye kubera imvune y’urutugu yagize muri 2023 bakina…

Neymar Jr yujuje uruhare rw’ibitego 700 kuva atangiye gukina umupira w’amaguru.

‎Neymar Jr yujuje uruhare rw’ibitego 700 kuva atangiye gukina umupira w’amaguru nkuwabigize umwuga nyuma y’igitego yatsinze…

FC Barcelona na Real Madrid: ihangana ry’aya makipe rikomereje ku isoko ry’igura n’igurisha.

FC Barcelona yatangaje ko yasinyishije Rooney Bardghji imukuye muri FC Copenhagen kuri miliyoni ebyiri z’amayero. Uyu…

Muri Rayon Sports “Ubururu bwacu, agaciro kacu” biri gutanga umusaruro.

Hashize icyumweru Rayon Sports itangije ubukangurambaga bise “Ubururu Bwacu Agaciro Kacu” aho buri nukunzi wa Rayon…

APR FC yashoye asaga miliyoni 429 igura abakinnyi mu mpeshyi ya 2025/26.

Kuri uyu wa kabiri taliki ya 15 Nyakanga APR FC yerekanye amafaranga yakoresheje igura abakinnyi muri…

Chelsea yegukanye igikombe cy’isi cy’amakipe.

Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yegukanye igikombe cy’isi cy’amakipe cyaberaga muri Leta Zunze bumwe z’Amerika…

‎Kucyumweru tariki 13/7/2025 ni isabukuru y’amavuko ya Lamine Yamal

Kucyumweru tariki 13/7/2025 ni isabukuru y’amavuko ya Lamine Yamal, uyu musore azaba yuzuje imyaka 18. ‎Nkuko…

Nzotanga Fils yamaze gusinya.

Myugariro Ndayishimiye Deudonne Fils bakunze kwita Nzotanga yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Police FC. Yerekeje muri…

Umujyi wa Kigali umaze guha AS Kigali akayabo ka miliyali, mu myaka itanu gusa.

N’amasezerano y’ubufatanye hagati y’ikipe ya AS Kigali n’umujyi wa Kigali aho uyu mujyi utera inkunga AS…

Rayon Sports ikomeje gushaka abakinnyi harimo na myugariro.

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushaka myugariro, biravugwa ko Bayisenge Emery w’imyaka 30, ari mu bakinnyi…