Ubungwaneza bwumvwa n’amatwi yose, ndetse n’imitima itavuga

Mu buzima bwa buri munsi, hari amagambo make ariko akubiyemo ukuri kwinshi kurusha amagambo ibihumbi. Umwe…

Impamvu abantu barya urusenda, intungamubiri zirurimo n’amateka yarwo

Urusenda ni kimwe mu birungo byakunzwe ku isi hose, rufite uburyohe budasanzwe butuma amafunguro ahindura icyanga.…

Dore Ingaruka Mbi zo Gukoresha Nabi Telefoni ku Rubyiruko rw’Ejo Hazaza

Muri iki gihe ikoranabuhanga rishyizwe imbere, telefoni zigezweho zafashe umwanya ukomeye mu buzima bwa buri munsi,…

Waba uzi ko Twese Tuzapfa kandi Tugashyingurwa muri metero 2 gusa?

Buri munsi, abantu bariruka, bamwe bashakisha amafaranga, abandi bishimira ibyo bamaze kugeraho. Isi ibamo amarushanwa atandukanye,…

Ese birashoboka Kubaka Ikizere n‚Ubushobozi mu Bafite Ubumuga?

Mu buzima bwa buri wese, hari igihe yumva ko afite intege nke cyangwa ko nta gaciro…

Kwita ku mirire myiza mu gihe utwita ni ingenzi cyane

Ubushakashatsi burushaho kugaragaza uruhare rukomeye imirire igira ku musaruro w’ubuzima bw’ababyeyi batwite n’abana bavuka. Kurya indyo…

Abakiri bato bahinduye imyumvire ku bijyanye n’ubwiza butarangwamo gusaza.

Mu kintu cyatunguye benshi mu buryo bwo kuvugurura isura , bwahoze bukoreshwa cyane n’abari hejuru y’imyaka…

Minisitiri w’Ubuzima yifatanyije n’inshuti za Dr. Paul Farmer mu kwizihiza umurage we

Minisitiri w’Ubuzima Wungirije, Dr. Yvan Butera, yifatanyije n’umuryango, inshuti, bagenzi, n’abanyeshuri ba Dr. Paul Farmer mu…

Ese Koko Hari Abagore Bahisemo Kuguma uko bari,ntibifuze Kwihindura cyangwa kwibagisha?

Mu gihe abantu benshi bamaze gutera intambwe yo kuva ku bitekerezo bya kera by’uko ubwiza bugaragara…

Warubizi ko kwibagisha(Plastic Surgery) bitakiri Ibanga?

Muri iki gihe, abantu benshi baragenda bihitiramo gukora ibituma bagaragara neza binyuze mu kubagwa (plastic surgery).…