impamvu abagore batwite bazana umurongo w’umukara kugice cy’inda

Mu gihe cyo gutwita umubiri w’umugore uhinduka mu buryo butandukanye,kimwe mu bimenyetso bikunze kugaragara ni umurongo…

umuti wa mbere wa malariya ugenewe impinja wemejwe gukoreshwa

Ku nshuro ya mbere hakozwe umuti wa malariya wihariye ugenewe impinja n’abana bato cyane ukaba umaze…

Iyo Serivisi z’Ubuzima Zihungabanye, Ni Bande Bafata Iyambere ngo Ubuzima Bukomeze?

Isi iri mu bihe bikomeye aho intambara, ubukene, indwara, ihohoterwa, n’imihindagurikire y’ibihe bihurira hamwe bigasenyera hamwe…

Megan Blain yagaragaje ingaruka uruhu rwe ruri kugira kubwo gukoresha sunbeds

Umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko wo mu Bwongereza, uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Megan Blain, yavuzweho gukoresha…

Ibyo wamenya ku rumuri rwa telefoni n’amaso yawe

Muri ibi bihe by’iterambere telefoni yabaye nk’umujyanama wacu wa buri munsi. tuyikoresha ku manywa na nijoro,…

Ni Gute Umugore Utwite Yabungabunga Ubuzima bw’Umwana Uri mu Nda?

Gutwita ni urugendo rukomeye kandi rudasanzwe mu buzima bw’umugore. Kugira amakuru ahagije y’ibyo ugomba gukora n’ibyo…

Imibanire myiza ifasha kuramba no kugira ubuzima bwiza: Ubushakashatsi bwa OMS

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) bwagaragaje ko imibanire myiza hagati y’abantu…

Abagore benshi barimo gusohora amafaranga menshi kugira ngo bongere amabere mu ibanga

Mu myaka ya vuba, hari impinduka igaragara mu buryo abagore bitwara ku bijyanye n’imiterere y’amabere yabo.…

Ubushakashatsi bushya bwemeje ko nta rugero rutekanye rw’inyama zitunganyirizwa mu nganda umuntu yemerewe kurya

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’itsinda mpuzamahanga ry’abashakashatsi bo muri Global Burden of Disease Study bwatangaje ku mugaragaro…

Ubuzima umugore utwite akwiriye kubaho

Mu gihe umugore atwite, ubuzima bwe buhinduka mu buryo bwihariye, bityo hakaba hakenewe uburyo bwihariye bwo…