Ibyo Utari Uzi ku Ndwara y’Amaso Myopia: Impamvu iri kwiyongera mu Rwanda n’Uko Twayirinda

Muri iyi minsi, mu Rwanda hakomeje kugaragara izamuka rikabije ry’indwara y’amaso, cyane cyane indwara ya kutabona…

Impamvu esheshatu zituma abantu bafata icyemezo cyo kwibaruka abana

Kubyara ni icyemezo gikomeye, gishingiye ku mpamvu zitandukanye z’umuntu ku giti cye, umuryango, sosiyete cyangwa imyizerere.…

Rwanda FDA yakuye ku isoko inzoga yitwa “Ubutwenge” itujuje ubuziranenge.

Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzuzi bw’ ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) rwatangaje ko rwakuye ku isoko inzoga yitwa UBUTWENGE,…

Imyaka 20 abeshya abarwayi

Mu gihe cy’imyaka hafi 20, umuganga wo muri Leta ya Texas yitwa Dr Jorge Zamora-Quezada, w’imyaka…

Waruziko guhoberana ari byiza?

Guhoberana ni igikorwa gihuriweho n’abantu benshi ku isi aho bamwe babifata nk’umuco, abandi bakabikomeraho cyane ndetse…

Ibyo wamenya ku bwoko bw’ingona ya Nile Crocodile

Nile Crocodile (Crocodylus niloticus) ni imwe mu ngona z’ibirangirire kandi zizwiho kuba ingona nini cyane ku…

Abanya-Kigali bangana na 73% bavanga Ikinyarwanda n’izindi ndimi

Abanya-Kigali 73% bagaragaje ko ubusirimu, kwisanisha n’abavuga rikumvikana, n’ubumenyi buke biri mu bituma bahitamo kuvanga indimi…

Icyo abashakashatsi bavuga ku gasaku kavuzwa n’abari mu mibonano mpuzabitsina

7 Sur 7 iherutse gutangaza ko inzobere muri Siyansi ku buzima bw’imibonano mpuzabitsina akaba n’inzobere mu…

Kwiyakira: Inzira nyakuri igana ku byishimo no gutera imbere

Benshi muri twe tugorwa no kwakira abo turi bo, aho duhora twita ku bitari byiza abantu…

Ibyo Kurya byongera Amaraso

Hari amoko atandukanye y’ibiribwa byongera amaraso ,umubiri wa muntu ukenera amaraso kugira ngo ubeho ,iyo amaraso…