ibihugu 25 by’afurika byakwisanga ku rutonde rw’ibibujijwe kwinjira ku butaka bw’amerika

Leta zunze ubumwe z’amerika zishobora kongera ibihugu 25 by’Afrika ku bihugu bibujijwe kwinjira muri USA. Ibi bihugu bikaba byahawe iminsi 60 yo kuba byakosoye ibyo amerika ibona bidahwitse. Ibi bihugu bizaba byiyongereye ku bindi bihugu 12 biherutse kwamburwa uburenganzira bwo kwinjira muri amerika.ibyo bihugu byasabwe kugira ibyo bikosora harimo nibiri mugice u Rwanda ruherereyemo .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *