Ibyavuye mu itora rya kabiri rya Papa

kuri uyu wa 08 GICURASI 2025, ni ku munsi wa kabiri w’umwiherero w’Abakaridinali 133 baturutse impande zose z’isi batarageza ku myaka 80 bari mu gikorwa cyo gutora Papa usimbura Papa Francisco uheruka kwitaba Imana ku mbere wa Pasika 21/04/2025.

Ku isaha ya saa 11:55 nibwo imbaga nini yari ihanze amaso ku gisenge cya Cistine Chapel babonye umwotsi w’umukara uvamo usobanuye ko nta Papa uraboneka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *