
Umukinnyi w’ umufaransa wabigize umwuga Klyan mbappe Lottin wari usanzwe akorera umwuga we wo Gukina umupira w’ amaguru mu ikipe Ya paris St germain ubu ari kubarizwa muri ekipe y’ ibigwi Kumugabane w’ Uburayi Real Madrid.
Kumusi w’ ejo Hashize kumbuga ziwe nkoranyambaga nibwo yatangaje ko yishimiye cyane Kuzakinira ikipe yahoze ari iyinzozi ze Kuva mu Bwana Yagize ati “ Ndishimye cyane kandi nejejwe no Gusanga ikipe y’ inzozi zange”
Nimugihe kumukino wanyuma aheruka Gukinira ikipe ya Paris st Germain, Klyan mbappe yasezeye abakinnyi bakinanaga muri iyo Kipe ababwirako batazakomezanya mu Gihembwe Gitaha, nibintu byababaje cyane abakinnyi bagenzi be ariko yari yafashe umwanzuro udasubira inyuma.
Mumwaka washize nibwo hatangiye kunugwanugwa ko klyan mbamppe Lottin ashobora kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid ariko icyo Gihe birangira ubuyobozi bwa Ekipe Ya Paris St Germain butemeranyije Kugiciro Kigomba Kugurwa uyu mukinnyi Binarangira Yigumiye I Paris, Gusa nyirubwite nawe yarabifitemo ubushake bwo kwerekeza I Madrid Gusa yagombaga kwihangana amasezerano Yiwe akarangira.
Ubuyobozi bwa ekipe ya Real Madrid babinyujije kurubuga rwabo rwa Instagram batangaje Bati “ Kylian mbamppe Yageze Kumasezerano, Yemeye kuzakinira Ikipe ya Real Madrid Ibihembwe bitanu Bikurikiyeho”
Amakomapanyi menshi Yamamarizwa niki cyamamare Klyian mbappe yagiye akoresha imbuga nkoranyambaga zabo Bifuriza uyu mukinnyi amahirwe masa muri akipe agiyemo, Biteganijwe ko azambara nimero Ikenda mu ikipe ya Real Madrid akaba ariyo Bamugeneye.