News
Tariki 13 Nyakanga -Umunsi wo kwishimira ibyo ukunda:
Buri mwaka ku itariki ya 13 Nyakanga, abantu hirya no hino ku isi, cyane cyane mu…
Nyuma y’imyaka itatu urukundo rwarangiye mu isezerano ryera: Byamungu Dieudonne na Irabaruta Claudine basezeranye imbere y’Imana
Nyuma y’imyaka itatu yuzuyemo urukundo ruhamye, ubwitange no guharanira inzozi zihuriweho, Byamungu Dieudonne Marshall na Irabaruta…
Byamenyekanye: Amagambo ya nyuma y’abapilote ba Air India mbere y’uko indege yabo igwa ikica abantu 241
Amakuru mashya yashyizwe ahagaragara agaragaza amagambo ya nyuma abapilote b’indege ya Air India Express Flight 182…
Kucyumweru tariki 13/7/2025 ni isabukuru y’amavuko ya Lamine Yamal
Kucyumweru tariki 13/7/2025 ni isabukuru y’amavuko ya Lamine Yamal, uyu musore azaba yuzuje imyaka 18. Nkuko…
Ikoranabuhanga, Inkingi y’Ubuvuzi Bugezweho kandi Bwizewe
Mu myaka yashize, u Rwanda rwateye intambwe ikomeye mu guteza imbere ikoranabuhanga mu nzego zitandukanye, ariko…
Ibihugu 6 Byemerera Abanyeshuri Mpuzamahanga Kuzana n’Imiryango Yabo
Kwiga mu mahanga ni inzozi za benshi kandi bifatwa nk’urugendo rusobanuye impinduka mu buzima. Ariko ku…
Nzotanga Fils yamaze gusinya.
Myugariro Ndayishimiye Deudonne Fils bakunze kwita Nzotanga yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Police FC. Yerekeje muri…
Umujyi wa Kigali umaze guha AS Kigali akayabo ka miliyali, mu myaka itanu gusa.
N’amasezerano y’ubufatanye hagati y’ikipe ya AS Kigali n’umujyi wa Kigali aho uyu mujyi utera inkunga AS…
Rayon Sports ikomeje gushaka abakinnyi harimo na myugariro.
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushaka myugariro, biravugwa ko Bayisenge Emery w’imyaka 30, ari mu bakinnyi…
Uko Netanyahu Yagize Intambara yo muri Gaza Ndende Kugira ngo Agume ku Butegetsi
Minisitiri w’Intebe w’igihugu cya Isiraheli, Benjamin Netanyahu, akomeje gushinjwa na bamwe mu banyapolitiki n’abasesenguzi ko yagize…