News

APR FC yemeje bidasubirwaho ko yasinyishije myugariro wo hagati, Nduwayo Alexis wakiniraga Gasogi United.

APR FC yatangaje ko yasinyishije umukinnyi ukiri muto witwa Nduwayo Alexis wasinye amasezerano y’imyaka ine akina…

Yasambanije Abakobwa benshi, none yatawe muri yombi.

Umugabo ukomoka mu gihugu cya Iran witwa REZA PARASTESH akaba agaragara nk’umukinnyi rurangiranwa w’umupira w’amaguru Lionnel…

Boutique ntoya, inzozi nini: Uko ubucuruzi bw’ibiribwa bubyara icyizere

Mu mugi cyangwa mu cyaro, boutique y’ibiribwa ni igice ntakuka cy’ubuzima bwa buri munsi. Niho abantu…

Rutahizamu w’Umurundi Nibibona Eddy yasinyiye Amagaju FC amasezerano y’imyaka ibiri.

Rutahizamu w’Umurundi Nibibona Eddy w’imyaka 23 wakiniraga Rukunzo FC yasinyiye Amagaju FC amasezerano y’imyaka ibiri. Nibibona…

Biramahire Abeddy Christophe yasinye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports

Uyu musore w’imyaka 26 yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nyuma y’uko amasezerano y’amezi atandatu…

Perezida w’imyaka 80 wa Uganda ashaka kongera gutegeka nyuma y’imyaka 40 ku butegetsi

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni, ufite imyaka 80 y’amavuko, yongeye gutangazwa nk’umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi…

Tariki ya 7 Nyakanga: Umunsi mpuzamahanga wa Shokora

Tariki ya 7 Nyakanga, buri mwaka, isi yose yizihiza umunsi udasanzwe kandi ukunzwe na benshi, uzwi…

Imibanire myiza ifasha kuramba no kugira ubuzima bwiza: Ubushakashatsi bwa OMS

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) bwagaragaje ko imibanire myiza hagati y’abantu…

Abashakashatsi bagaragaje umujyi wa kera mu myaka 3,500 ishize Muri Peru

Abahanga mu bumenyi bw’isigaratongo (archeologists) batangaje ko babonye umujyi wa kera cyane muri Peru, wubatswe mu…

Menya Imipaka 19 y’u Rwanda: Aho iherereye, uko ikora n’akamaro kayo mu bukungu bw’igihugu

U Rwanda ni igihugu kiri mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba, gifite imipaka igihuza n’ibihugu bine by’abaturanyi: Uganda…