Perezida Paul KAGAME yaganiriye n’uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Olusegun OBASANJO

Uyu munsi ku wa 24 Kamena 2025 nyuma ya saa sita muri Village Urugwiro, Perezida Paul KAGAME yakiriye uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Olusegun OBASANJO, bagirana ibiganiro birambuye; aho baganiriye ku bibazo biri mu karere, ndetse n’ibindi bibazo by’ingenzi bireba umugabane n’isi muri rusange. Aba bayobozi bombi basangiye ibitekerezo ku nzira zaganisha ku mahoro arambye, ubufatanye n’iterambere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *