UMUHANZI DIAMOND ARI MUBYISHIMO BYINSHI NYUMA Y’UKO UMUHANZI WO MURI LETA Y’UNZE UBUMZWE YA AMARICA JASON DERULO AMWEMEREYE GUKORANA NAWE INDIRIMBO

Umuhanzi w’umunya-Tanzania Diamond Platnumz ubu uburi kubarizwa mu Bufaransa akomeje kugaragaza ibyishimo bidasanzwe nyuma y’uko Jason Derulo amwemereye ko bakorana indirimbo, ni mukiganiro gito bagiranye kurubuga rwa instagram.

Nyuma y’ifoto uyu mugabo yasangije abakunzi be amushimira, Derulo nawe yemeje ibi akora ‘repost’ kuri Instagram, abari bakibishidikanyaho bahera ko batangira kwitegura iyi ndirimbo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *